| Uri icyifuzo cy’umutima gikomeye yeee |
| Ntacyanshengura nko kwibagirwa uwo nkunda |
| Najyaga numva ko wahindutse, ko aho wagiye wahiriwe |
| Bafite amafaranga ariko nta mutima |
| Kuva kera nkiri muto mama yambwiye ko |
| Ngo «urukundo ntiruhusha numubona uzamumenya» |
| Ntawamusimburaa… ntawamusimbura… |
| Ntawamusimburaa… ntawamusimbura… |
| Ibyo uha agaciro uyu munsi |
| Nuko ari byo ubasha kubona |
| Bikagukingiriza umutima |
| Urabe maso gasaro natoye |
| Wirukira ugusiga ugasiga ugusanga |
| Ntugakinishe umutima w’undi |
| Kuko aba afite uwamukunda |
| Igihe kizaza atwarwe n’abandi batari wowe |
| Wowe… wowe… |
| Ntacyanshengura nko kwibagirwa uwo nkunda |
| Najyaga numva ko wahindutse |
| Ko aho wagiye wahiriwe |
| Bafite amafaranga ariko nta mutima |
| Kuva kera nkiri muto mama yambwiye ko |
| Ngo «urukundo ntiruhusha numubona uzamumenya» |
| Ntawamusimburaa… ntawamusimbura… |
| Ntawamusimburaa… ntawamusimbura… |
| Ntawamusimburaa… ntawamusimbura… |
| Ntawamusimburaa… ntawamusimbura… |